Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Ambasaderi Maj Gen Ramson Godwin Mwaisaka, uri gusoza inshingano ze zo ...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yagaragaje ko umusaruro w’inganda n’ibyoherezwa mu mahanga muri 2024 -2029 uzazamuka ...
Ingabo z’Umuryango w’Ubukungu wa Afurika y’Amajyepfo ziri mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, zemerewe ...
Perezida Kagame kandi yakiriye intumwa y’Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika, Dr. Ronny Jackson, baganira ku bufatanye ...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yakiriye indahiro y’Umunyamabanga Mukuru mushya w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Colonel Pacifique Kayigamba Kabanda. Col Kabanda aherutse guhabwa izi ...
Inyungu ya BK Group Plc yageze kuri miliyari 91 Frw mu 2024, izamuka rya 21,7% ugereranyije n’umwaka wa 2023, ibishimangira uruhare rwayo mu kuzamura ubukungu bw’u Rwanda. Ubuyobozi bw’Ikigo BK Group ...
Mu Rwanda hatangijwe umushinga yo guha amahugurwa urubyiruko ibihumbi 20, rwifuza kumenya ibijyanye n’ikoranabuhanga ryahindura ubuzima bwarwo. Ni gahunda yatangijwe ku bufatanye n’inzego zitandukanye ...
Abayoboke b’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, DGPR Green Party, bo mu Karere ka Gakenke, basabwe gukomeza gusigasira ubumwe, ubwiyunge n’ubudaheranwa by’Abanyarwanda ...
Ubuyobozi bwa Equity Bank mu Rwanda bwatangaje ko 95% by’inguzanyo zakwa n’abagore bazishyura neza ugereranyije n’abagabo, bityo ko iyi banki yiteguye gukora ibishoboka byose igakuraho inzitizi zituma ...
Minisiteri y'Ubuzima yavuze ko kimwe mu byo iherutse kumvikanaho na Kaminuza y'u Rwanda ari uko ku biga ibirebana n'ubuvuzi, ibitaro bigomba gufatwa nk'ishuri bigishirizwamo kugira ngo barusheho ...
Abanyarwenya bayobowe na Fally Merci n’Abanya-Uganda Pablo na Alex Muhangi bijeje abazitabira igitaramo cyo kwizihiza imyaka itatu ishize hategurwa ibitaramo bya ‘Gen-Z Comedy’ bazataha banyuzwe ...